ABATURAGE BARASABWA KUBAHIRIZA IGISHUSHANYO MBONERA CY'IMIKORESHEREZE Y’UBUTAKA

Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere iterambere rirambye n’imikoreshereze myiza y’ubutaka, ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera burakangurira abaturage…

Read more →

Umuco wo gutabara ugenda icika; niwo utuma uhohoterwa ridacika

Umuco wo gutabara ugenda icika; niwo utuma uhohoterwa ridacika Taliki ya 8/9/2016, Polosi y’u Rwanda yasuye umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka…
Read more →

Koperative y’abarobyi b’amafi ba Ngeruka ifite amafaranga arenga 3000000

Koperative Isano iri mu murenge wa Ngeruka mu kagari ka gihembe ubwayo igizwe n’abanyamuryango 100 kuri 314 bari mu yindi mirenge inyuramo ikiyaga cya…
Read more →

Mu manza mbonezamubano abunzi bayoborwa n’umutimanama

Abunzi bo mu Kagari ka Kayumba mu murenge wa Nyamata bicaye bumva ikibazo kirebana n’amakimbirane ari mu muryango wa Rugero Jean Damascene na…
Read more →

Urwibutso rwa genocide rwa Nyamata ruzajya mu murage w’isi

Inzu ishyinguye imibiri y’abatutsi bazize genocide yakorewe abatutsi i Nyamata yari kiliziya. Iyo kiliziya yiciwemo abantu benshi kandi ni nayo…
Read more →

Guhingisha imashini birahendukira abahinzi bishyizehamwe

Igishanga cya Kibugabuga kingana na ha 150 gihinzeho imboga ku nkengero y’ikiyaga cya cyohoha ya ruguru gihuza abahinzi barenga 300. Bwana Myasiro…
Read more →

Nta watahutse ngo abura uko abaho yageze mu Rwanda

Mukantwari Thabeya n’abana be 7 watahutse ava muri cameroun na Uwimana Beata watahutse ava muri kongo afite abana 2, hamwe na bagenzi babo bahawe…
Read more →

Abanyamakuru ba PAX Press baganiriye n’abaturage mu Murenge wa Rweru

Mu kiganiro urubuga rw’abaturage n’abayobozi gitegurwa n’abanyamakuru Baharanira amahoro (PAX PRESS), cyabereye mu murenge wa Rweru ho mu Karere ka…
Read more →

Hakenewe ubukangurambaga bwihariye ku babyeyi b’abana bavanywe mu muhanda

Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, mu Murenge wa Musenyi, Akarere ka Bugesera ubu gicumbikiye abana bavanywe mu muhanga bagera kuri 230. Akarere ka…
Read more →

Kugira intego mu gikorwa ni byo bituma ibikorwa byaguka

Ubwizigame bw’amafaranga magana 300 buri munsi bwatumye ishyirahamwe ry’abanyonzi bo mu Murenge wa Musenyi batekereza inzu yo muri centre ya Musenyi.
Read more →