ABATURAGE BARASABWA KUBAHIRIZA IGISHUSHANYO MBONERA CY'IMIKORESHEREZE Y’UBUTAKA

Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere iterambere rirambye n’imikoreshereze myiza y’ubutaka, ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera burakangurira abaturage…

Read more →

IMIBIRI ISAGA 320 Y'ABISHWE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI, YABONETSE MU MURENGE WA NYAMATA YASHYINGUWE MU CYUBAHIRO

Imibiri 320 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yari iherutse kuboneka mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera yashyinguwe mu…

Read more →

ABASENATERI BAGIRANYE IBIGANIRO N’ABAFITE AHO BAHURIYE N’IBIKORWA BYO KWIMAKAZA UBUMWE N’UBUMWE N’UBUDAHERANWA

Itsinda ry’Abasenateri bagize Komisiyo ya Sena ishinzwe Ubumwe bw’Abanyarwanda, kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside n’Uburenganzira bwa Muntu,…

Read more →

ABAYOBOZI N’INZEGO Z’IBANZE BIYIMEJE KUGIRA UBUFATANYE MU KWIMAKAZA ISUKU N’ISUKURA

Mu rwego rwo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage no kwimakaza umuco w’isuku n’isukura, ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera burashishikariza…

Read more →

MEYA MUTABAZI RICHARD YAKIRIYE INDAHARO YA NTAHOMPAGAZE EDOUARD WAHAWE UBWENEGIHUGU BW’U RWANDA

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Bwana Mutabazi Richard, yakiriye indahiro ya Bwana Ntahompagaze Edouard,…

Read more →

BIYEMEJE KUNOZA IMIKORANIRE MU KUGERA KU NTEGO Y’UBURYO BWO KWINJIZA IMISORO

Mu rwego rwo kunoza imikoranire mu kugera ku ntego y’uburyo bwo kwinjiza imisoro, abagize inama ngishwanama ku musoro mu Karere ka Bugesera, kuri uyu…

Read more →

ABAYOBOZI B’INZEGO Z’IBANZE BASABWE KWIHUTISHA ITERAMBERE RISHINGIYE KU MUTURAGE BIHEREYE KU MUDUGUDU

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze by’umwiharika ba midugudu bo mu Karere ka Bugesera, kugira…

Read more →

ABAYOBOZI N’ABATURAGE B’AKAGARI KA MBYO BAGANIRIYE KU MIYOBORERE MYIZA N’ITERAMBERE RIRAMBYE

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Kamena 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yitabiriye Inteko y’Abaturage yabereye mu Murenge wa…

Read more →

"KUGIRA UMUDUGUDU UTAGIRA ICYAHA BIRASHOBOKA": GUVERINERI RUBINGISA

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Rubingisa Pudence, yagaragaje ko kugira Umudugudu utarangwamo icyaha bishoboka binyuze mu gukorana bya hafi…

Read more →

URUBYIRUKO RWIYEMEJE GUSHYIRA IMBARAGA MU BIKORERWA MU RWANDA, RUSHINGA URUGANDA RUKORA AMAKARAMU IBIHUMBI 300 KU MUNSI

Mu karere ka Bugesera, urubyiruko rwishyize hamwe rutangiza uruganda rukora amakaramu, mu rwego rwo guteza imbere no guha agaciro ibikorerwa mu…

Read more →