ABATURAGE BARASABWA KUBAHIRIZA IGISHUSHANYO MBONERA CY'IMIKORESHEREZE Y’UBUTAKA

Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere iterambere rirambye n’imikoreshereze myiza y’ubutaka, ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera burakangurira abaturage…

Read more →

Komite Nyobozi y’Akarere ka Bugesera irasabwa ubushobozi burenze

Kuwa 29 nyakanga 2018, mu matora yo kuzuza inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Iburasirazuba Bwana Habimana…
Read more →

Imfashanyigisho ku kiganiro hagati y’umubyeyi n’umwana

Kuwa 23 kamena 2018 mu karere ka Bugesera Umurenge wa Mayange hatangijwe igikorwa cyo gusakaza inyigisho izafasha ababyeyi kwigisha abana ibijyane…
Read more →

Buri mwana ufite imyaka itatu ararebwa n’irerero

Muri gahunda mbonezamikurire, ku wa 15 kamena 2018, hakozwe ubukangurambaga kuri gahunda y’irerero.
Read more →

Kugira uburenganzira bijyana no kugira inshingano

Kuwa 14 kamena 2018, abana bo mu kigo ngororamuco cya Gitagata basuwe na komisiyo y’uburenganzira bwa muntu. Bibukijwe ko umwana afite uburenganzira…
Read more →

Kubaka uburyo abana bo mu muhanda baguma mu miryango ni ihurizo

Mu Karere ka Bugesera kuwa 7 kamena 2018, ikigo ngororamuco cya Gitagata cyahuje abana barangije kugororwa n’ababyeyi. Abana 63 nibo bahujwe…
Read more →

Umuhanda Nzangwa_Nyiragiseke watashywe ku mugaragaro

Umuhanda Nzangwa_Nyiragiseke wo mu Karere ka Bugesera, Umuhanda wubatswe ku nkunga y’umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi watashywe ku mugaragaro kuri wa 30…
Read more →

Ntabwo twakwihuta mu iterambere tugifite inzitizi mu miryango: Minisitiri Francis Kaboneka

Kuwa 28 gicurasi 2018; Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yaganiraga n’abaturage bo mu karere ka Bugesera bahagarariye abandi mu…
Read more →

Hari abantu bo kwigiraho

Umurenge wa Shyara, watangirijwemo ukwezi kwahariwe umuryango kuwa 23 Gicurasi 2018, bafite umwihariko wo kugira Umudugudu wa Ruhanga utagiramo…
Read more →

Gukora mu nzego z’ibanze ni ukugira ijisho rirenze iryo umuturage

Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Bwana Nsanzumuhire Emmanuel ati: ‘’ Indangagaciro, zigendeye ku kazi, ziranga abakozi bakora mu nzego z’ibanze ni…
Read more →