Ni igihe cyo kureba amateka yacu

Kuwa 7 Mata 2023 abaturage bari ku rwibutso rwa Nyamata mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Uyu muhango witabiriwe na Hon.Mukarugwiza Annonciata, Hon.Mukobwa Justine, Mme Bankundiye Chantal uhagaratiye Ibuka, Perezida w'Inama Njyanama Mutumwinka Imerde, n'abandi banyacyubahiro

Hon. Mukarugwiza Annonciata asobanura akamaro ko kwibuka avuga ko ari igihe Bugesera tureba amateka yaharanze, ukaba umwanya wo kwiremamo icyizere. Hon. Mukarugwiza ati: "Ni umwanya wo kwegera abarokotse Jenoside ntibaheranwe n'agahinda bakongera kwigirira icyizere cyo kubaho".

V/Mayor Umwali Angelique asaba abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kudaheranwa n'amateka no gukora bakiteza imbere, n'abitabiriye umuhango wo gutangiza urugendo rw'iminsi 100 yo Kwibuka29 Jenoside, kurangwa n'ibikorwa bifasha abayirokotse gukomera no kubahumuriza.

Icyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 cyashorejwe ku rwibutso rwa Ruhuha rushyinguyemo abasaga 9500 kuri uyu wa 13 Mata 2023 bari batuye mu cyahoze ari komini Ngenda Umuyobozi w’Akarere Bwana Mutabazi Richard yihanganisha ababuze ababo n’abarokotse Jenoside byumwihariko abashyinguye kuri uyu munsi

Kuwa 7 Mata 2023 abaturage bari ku rwibutso rwa Nyamata mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Uyu muhango witabiriwe na Hon.Mukarugwiza Annonciata, Hon.Mukobwa Justine, Mme Bankundiye Chantal uhagaratiye Ibuka, Perezida w'Inama Njyanama Mutumwinka Imerde, n'abandi banyacyubahiro

Hon. Mukarugwiza Annonciata asobanura akamaro ko kwibuka avuga ko ari igihe Bugesera tureba amateka yaharanze, ukaba umwanya wo kwiremamo icyizere. Hon. Mukarugwiza ati: "Ni umwanya wo kwegera abarokotse Jenoside ntibaheranwe n'agahinda bakongera kwigirira icyizere cyo kubaho".

V/Mayor Umwali Angelique asaba abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kudaheranwa n'amateka no gukora bakiteza imbere, n'abitabiriye umuhango wo gutangiza urugendo rw'iminsi 100 yo Kwibuka29 Jenoside, kurangwa n'ibikorwa bifasha abayirokotse gukomera no kubahumuriza.

Icyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 cyashorejwe ku rwibutso rwa Ruhuha rushyinguyemo abasaga 9500 kuri uyu wa 13 Mata 2023 bari batuye mu cyahoze ari komini Ngenda Umuyobozi w’Akarere Bwana Mutabazi Richard yihanganisha ababuze ababo n’abarokotse Jenoside byumwihariko abashyinguye kuri uyu munsiKuwa 7 Mata 2023 abaturage bari ku rwibutso rwa Nyamata mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.