Kuzamurana ni cyo kigenderewe muri koperative
Kugirango ubucuruzi bwambukiranya imipaka bwagure isoko komisiyo y’ubukungu n’ubucuruzi mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda iyobowe na Honorable…
Koperative CODECOL ntibitaho inyungu y’umworozi
Kuri uyu wa 27/10/2016, team y’Intumwa za rubanda igizwe na Semasaka Gabriel na Mukabikino Jeanne Henriette basuye Akarere ka Bugesera; hagamijwe…
Nsanzumuhire Emmanuel asaba abasenateri gukorera ubuvugizi Bugesera
Gahunda yo gukoresha ifumbire mvaruganda n’imbuto z’indobanure bihura n’imbogamizi zituma abaturage batabona umusaruro uhagije. Ibyo byagaragajwe na…
Abagabo bahagurukiye umugoroba w’ababyeyi
Umugoroba w’ababyeyi wo mu mudugudu wa Kabeza Akagari ka Musovu mu Murenge wa Juru wahawe igihembo cy’amafaranga ibihumbi Magana 2.
Kwigisha ndi umunyarwanda mu mashuri bizakorwa mu mpera z’uku kwezi kwa 10
Mu mpera z'uku kwezi kwa 10, hateganyijwe mu bigo by’amashuri gutangira kwigisha abanyeshuri gahunda ya ndi umunyarwanda itoza abanyeshuri kumenya…
Ha 650 zo mu kibaya cya mwesa nizo zizahingwaho ibigori.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Madamu Mukabaramba Alvera ati :’’Gutangiza igihembwe cy’ihinga ni ukubasaba imbaraga.…
Igiti cy’umuvumu cyo mu murenge wa Rweru ni igitekerezo
Pastor Gashagaza Deo wagize igitekerezo cyo kwegera abanyarwanda bari muri gereza bafunzwe kubera icyaha cya genocide bakoreye abatutsi ndetse no…
Abadepite basanze nta kibazo gishya ku ubuyobozi bw’Akarere
mu gihe cy’icyumweru basanze nta kibazo gishya kitabonerwa igisubizo n’ubuyobozi bw’Akarere Abadepite bakoreye mu karere ka Bugesera.
Agato ke ni wo musanzu umuturage asabwa mu mihigo
Bwana Nsanzumuhire Emmanuel Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera asaba abaturage ubufatanye mu gushyira mu bikorwa imihigo. Ati ‘’Umuturage asabwa ibyo…
Umuco wo gutabara ugenda icika; niwo utuma uhohoterwa ridacika
Umuco wo gutabara ugenda icika; niwo utuma uhohoterwa ridacika
Taliki ya 8/9/2016, Polosi y’u Rwanda yasuye umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka…