Uburyo bwo guhabwa ibigo ku biga imyuga mu mashuri yisumbuye bwarahindutse
Uhereye mu mwaka w’amashuri 2017 umunyeshuri uzajya mu cyiciro cya 2 mu ishuri ry’imyuga azihitiramo igice kimwe kirebana n’umwuga umunogeye.
Abaturage bishimira ibikorwa bibakorerwa , bemeza ko byahinduye ubuzima bwabo
Nyuma yo gukurikirana ibikorwa bikorerwa abaturage ari nako bagira inama abayobozi n’abaturage ku cyakorwa kugirango hagire igihinduka mu mibereho…
Itorero ry’abarimu rifite umwihariko mu isomo ryo gufatanya gusigasira igisenge n’injishi
Mu bibazo by’inzitane Intore Kinyakura yemeza ko ubufatanye, ubupfura, ubunyangamugayo kudacika intege n’izindi ndangagaciro z’umunyarwanda watojwe…
Abishe n’abiciwe ni amaboko afasha kwigisha ubumwe n’ubwiyunge : Padiri Ubald Rugirangoga
Abantu 166 bo muri Paruwasi Gatolika ya Nyamata bagize uruhare muri genocide yakorewe Abatutsi mu 1994, bateye intambwe yo gusaba imbabazi abo biciye,…
Amasaka ntabwo yemewe guhinga mu gishanga
Abaturage bo mu murenge wa mwogo bahinga mu gishanga baburiwe ko uzahinga amasaka mu gishanga umurima azawamburwa ugahabwa undi. Impamvu igaragazwa…
Mareba akagari ka Nyamigina abaturage barakangurirwa guhinga igihingwa cya soya
Mu murima wa Numuhire Sausta utuye mu Murenge wa Mareba hageragejwe imbuto ya soya mu rwego rwo kureba imbuto yihanganira ubwo butaka.
Ku ruhande…
Abafashamyumvire mu buhinzi barasabwa gukora batikoresheje
Hashize imyaka 6 umushinga wa PAIRB ukoreraga mu Rwanda no mu Burundi. Ibikorwa byawo byatangiye mu gihugu cy’u Rwanda mu w’2011, bizasoza taliki…
Abafite ubumuga bazanye ibehembo binyuranye mu karere ka Bugesera
Mu mikino ya athetisime yabareye i Kigali 2014, ikipe y’abakobwa bafite ubumuga bazanye igikombe, Murwanashyaka Emmanuel ifite ubumuga bwo kutabona…
Ibiti ni umutungo rusange w’abaturage
Intego y’ Akarere ka Bugesera ni uko byibura buri mwaka bongeraho hegitare 500 z’ubuso buteyeho ibiti, ku buryo mu mwaka wa 2020 bazaba bageze kuri…
Akarere ka Bugesera kabonye (Division Manager)
Akarere ka Bugesera kabonye (Division Manager)
Bwana Nsanzumuhire Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera we ati: ‘’Uko imbaraga ziyongera bivuze ko ari…