Indangagaciro ni ishingiro ry’uburezi kuri bose
Ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Bugesera byagenzuwe n’intumwa za Minisiteri y’uburezi. Ni mu rwego rwo kugeza uburezi kuri bose kandi bufite ireme.
abacukuzi bagomba kumenya kurinda abakozi
Ibigenerwa umukozi ukora mu bucukuzi bw’ibirombe ni ibikoresho byujuje ubuziranenge, uburyo bwiza bwo gukoreramo; urumuri ruhagije, inyubako yujuje…
Gushimira intwari ni ukuzirikana ibikorwa basize
Mu cyumweru cy’ubutwari cyatangiye kuwa 24 gashyantare gisozwa kuwa 1 gashyantare 2018 cyagaragayemo ibikorwa binyuranye by’ubutwari. Ibikorwa…
Ingo 292 zabonye umuriro w’amashrazi muri Musenyi
Ingo 292 zahawe umuriro w’amashanyarazi mu murenge wa Musenyi. 250 muri zo ngo bahise batangira gucana mu nyubako zabo. Ingo 150 zitishoboye zo…
Abayobozi b’U Rwanda bita ku baturage bari mu kaga
Mu Karere ka Bugesera, abaturage ba Mazane na Sharita bamaze kwimurwa bahwanye n’imiryango 144 ifite abantu basaga 649. Abo baturage bari batuye mu…
Abana barashukwa ntabwo bananiranye
Ku bufatanye bw’akarere ka Bugesera n’umushinga ushishikariza abana gushaka ibisubizo bo ubwabo babigizemo uruhare (Chirdren Voice today) abana bo mu…
Imitima mizima ni yo yubaka ibikorwa by’amajyambere
Ibikorwa by’Amajyambere u Rwanda rwubaka ntabwo byagerwaho bitubakiye ku ngo zitarimo amakimbirane. Nk’umusanzu wo kubakiraho iterambere umushinga…
Intore z’Inkomezabigwi icyiciro cya gatandatu zivuye mu itorero
Tariki 15 mutarama 2017, Umuyobozi w’Umurenge wa Gashora Uwamugira Marthe yamurikiwe imihigo intore zivuye ku rugerero zahize ko zizageraho. Bwabaye…
Uruhare rw’abajyanama b’Ubuzima muri politiki ya Leta y’ ubuvuzi kuri bose
Abajyanama b’Ubuzima b’Ikigonderabuzima cya Mayange mu Karere ka Bugesera bagira uruhare mu ikoreshwa ry’inkunga OMS igenera u Rwanda.
Abayobozi barasabwa guhindukiza amaso bakerekera mu gufasha abaturage
Mu nama mpuzabikorwa yabaye Tariki 27 ukuboza 2017 mu Karere ka Bugesera Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Bwana Mufuruke Fred asaba abayobozi…