Amasaka ntabwo yemewe guhinga mu gishanga
Abaturage bo mu murenge wa mwogo bahinga mu gishanga baburiwe ko uzahinga amasaka mu gishanga umurima azawamburwa ugahabwa undi. Impamvu igaragazwa…
Mareba akagari ka Nyamigina abaturage barakangurirwa guhinga igihingwa cya soya
Mu murima wa Numuhire Sausta utuye mu Murenge wa Mareba hageragejwe imbuto ya soya mu rwego rwo kureba imbuto yihanganira ubwo butaka.
Ku ruhande…
Abafashamyumvire mu buhinzi barasabwa gukora batikoresheje
Hashize imyaka 6 umushinga wa PAIRB ukoreraga mu Rwanda no mu Burundi. Ibikorwa byawo byatangiye mu gihugu cy’u Rwanda mu w’2011, bizasoza taliki…
Abafite ubumuga bazanye ibehembo binyuranye mu karere ka Bugesera
Mu mikino ya athetisime yabareye i Kigali 2014, ikipe y’abakobwa bafite ubumuga bazanye igikombe, Murwanashyaka Emmanuel ifite ubumuga bwo kutabona…
Ibiti ni umutungo rusange w’abaturage
Intego y’ Akarere ka Bugesera ni uko byibura buri mwaka bongeraho hegitare 500 z’ubuso buteyeho ibiti, ku buryo mu mwaka wa 2020 bazaba bageze kuri…
Akarere ka Bugesera kabonye (Division Manager)
Akarere ka Bugesera kabonye (Division Manager)
Bwana Nsanzumuhire Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera we ati: ‘’Uko imbaraga ziyongera bivuze ko ari…
Kuzamurana ni cyo kigenderewe muri koperative
Kugirango ubucuruzi bwambukiranya imipaka bwagure isoko komisiyo y’ubukungu n’ubucuruzi mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda iyobowe na Honorable…
Koperative CODECOL ntibitaho inyungu y’umworozi
Kuri uyu wa 27/10/2016, team y’Intumwa za rubanda igizwe na Semasaka Gabriel na Mukabikino Jeanne Henriette basuye Akarere ka Bugesera; hagamijwe…
Nsanzumuhire Emmanuel asaba abasenateri gukorera ubuvugizi Bugesera
Gahunda yo gukoresha ifumbire mvaruganda n’imbuto z’indobanure bihura n’imbogamizi zituma abaturage batabona umusaruro uhagije. Ibyo byagaragajwe na…
Abagabo bahagurukiye umugoroba w’ababyeyi
Umugoroba w’ababyeyi wo mu mudugudu wa Kabeza Akagari ka Musovu mu Murenge wa Juru wahawe igihembo cy’amafaranga ibihumbi Magana 2.