Kugira uburenganzira bijyana no kugira inshingano
Kuwa 14 kamena 2018, abana bo mu kigo ngororamuco cya Gitagata basuwe na komisiyo y’uburenganzira bwa muntu. Bibukijwe ko umwana afite uburenganzira…
Kubaka uburyo abana bo mu muhanda baguma mu miryango ni ihurizo
Mu Karere ka Bugesera kuwa 7 kamena 2018, ikigo ngororamuco cya Gitagata cyahuje abana barangije kugororwa n’ababyeyi. Abana 63 nibo bahujwe…
Umuhanda Nzangwa_Nyiragiseke watashywe ku mugaragaro
Umuhanda Nzangwa_Nyiragiseke wo mu Karere ka Bugesera, Umuhanda wubatswe ku nkunga y’umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi watashywe ku mugaragaro kuri wa 30…
Ntabwo twakwihuta mu iterambere tugifite inzitizi mu miryango: Minisitiri Francis Kaboneka
Kuwa 28 gicurasi 2018; Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yaganiraga n’abaturage bo mu karere ka Bugesera bahagarariye abandi mu…
Hari abantu bo kwigiraho
Umurenge wa Shyara, watangirijwemo ukwezi kwahariwe umuryango kuwa 23 Gicurasi 2018, bafite umwihariko wo kugira Umudugudu wa Ruhanga utagiramo…
Gukora mu nzego z’ibanze ni ukugira ijisho rirenze iryo umuturage
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Bwana Nsanzumuhire Emmanuel ati: ‘’ Indangagaciro, zigendeye ku kazi, ziranga abakozi bakora mu nzego z’ibanze ni…
Umurimo w’abana batowe ngo bahagararire abandi ni ubuvugizi
Kuba hari ihuriro ry’abana byafashije abana kugera ku mahugurwa. Abana ubwabo iyo bahuye basangizanya amakuru ku buzima bwabo bityo ibibazo bahura…
Umuturage arasabwa uruhare mu mushinga Hinga weze
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera Bwana Nsanzumuhire Emmanuel ubwo bari mu gikorwa cyo gutangiza umushinga Hinga weze w’ubuhinzi mu Murenge wa Gashora…
Nta mutekano abantu bashonje : Lt Col Gatarayiha
Igikorwa ngarukamwaka cyiswe ‘’ingabo z’u Rwanda mu iterambere ry’abaturage’’; aho abaturage n’ingabo bifatanya mu bikorwa by’iterambere, …
Kwibuka bifite akamaro: Kwibuka ni igikorwa cya twese
kuwa 15 mata 2018 ku rwibutso rwa Nyamata rushyinguyemo imibiri 45,400 y’abazize genocide yakorewe abatutsi 1994, hibutswe ubwicanyi bwaguyemo abantu…