UMUNSI W’UMWANA W’UMUNYAFURIKA: ABABYEYI BASABWE KURUSHAHO GUHA ABANA UBURERE BUBONEYE
Ku bufatanye n'Ikigo cy'Igihugu cyita ku Mikurire no Kurengera Umwana, NCDA, mu Murenge wa Kamabuye, mu Karere ka Bugesera hijihirijwe Umunsi w’Umwana…
IMIBIRI ISAGA 320 Y'ABISHWE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI, YABONETSE MU MURENGE WA NYAMATA YASHYINGUWE MU CYUBAHIRO
Imibiri 320 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yari iherutse kuboneka mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera yashyinguwe mu…
ABASENATERI BAGIRANYE IBIGANIRO N’ABAFITE AHO BAHURIYE N’IBIKORWA BYO KWIMAKAZA UBUMWE N’UBUMWE N’UBUDAHERANWA
Itsinda ry’Abasenateri bagize Komisiyo ya Sena ishinzwe Ubumwe bw’Abanyarwanda, kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside n’Uburenganzira bwa Muntu,…
ABAYOBOZI N’INZEGO Z’IBANZE BIYIMEJE KUGIRA UBUFATANYE MU KWIMAKAZA ISUKU N’ISUKURA
Mu rwego rwo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage no kwimakaza umuco w’isuku n’isukura, ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera burashishikariza…
MEYA MUTABAZI RICHARD YAKIRIYE INDAHARO YA NTAHOMPAGAZE EDOUARD WAHAWE UBWENEGIHUGU BW’U RWANDA
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Bwana Mutabazi Richard, yakiriye indahiro ya Bwana Ntahompagaze Edouard,…
BIYEMEJE KUNOZA IMIKORANIRE MU KUGERA KU NTEGO Y’UBURYO BWO KWINJIZA IMISORO
Mu rwego rwo kunoza imikoranire mu kugera ku ntego y’uburyo bwo kwinjiza imisoro, abagize inama ngishwanama ku musoro mu Karere ka Bugesera, kuri uyu…
ABAYOBOZI B’INZEGO Z’IBANZE BASABWE KWIHUTISHA ITERAMBERE RISHINGIYE KU MUTURAGE BIHEREYE KU MUDUGUDU
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze by’umwiharika ba midugudu bo mu Karere ka Bugesera, kugira…
ABAYOBOZI N’ABATURAGE B’AKAGARI KA MBYO BAGANIRIYE KU MIYOBORERE MYIZA N’ITERAMBERE RIRAMBYE
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Kamena 2025, Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yitabiriye Inteko y’Abaturage yabereye mu Murenge wa…
"KUGIRA UMUDUGUDU UTAGIRA ICYAHA BIRASHOBOKA": GUVERINERI RUBINGISA
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Rubingisa Pudence, yagaragaje ko kugira Umudugudu utarangwamo icyaha bishoboka binyuze mu gukorana bya hafi…
URUBYIRUKO RWIYEMEJE GUSHYIRA IMBARAGA MU BIKORERWA MU RWANDA, RUSHINGA URUGANDA RUKORA AMAKARAMU IBIHUMBI 300 KU MUNSI
Mu karere ka Bugesera, urubyiruko rwishyize hamwe rutangiza uruganda rukora amakaramu, mu rwego rwo guteza imbere no guha agaciro ibikorerwa mu…