Uruzinduko rw'abasenateri muri Bugesera
Senateri Niyomugabo Cyprien ashimira abaturage batuye mu mudugudu w’icyitegererezo wa Rweru utuwe n'abimuwe mu birwa bya Mazane na Sharita ibyo bamaze…
Icyumweru cy’ingo mbonezamikurire y’abana bato
Hagamijwe kuzamura ibipimo by’umwana w’ubakitse mu gihagararo, mu bwenge no gukangura ubwonko, none tariki 24/5/2023 mu karere ka Bugesera hashojwe…
Abajyanama bari gusura abaturage mu rwego rwo kuganira no gusabana
Akarere ka Bugesera kari mu cyumweru cyiswe “icyumweru cy’umujyanama kizasozwa tariki 31 Gicurasi 2023. Mu gihe cy’ukwezi abaturage n’abagize Inama…
Amarushanwa Kagame Cup ni ubusabane n’ibyishimo
Amarushanwa Kagame Cup yatangiriye ku rwego rw’imidugudu ku mirenge no ku rwego rw’Akarere ubu ageze ku rwego rw’Intara. Ni amarushanwa asorezwa ku…
Abarokotse Jenoside barasabwa gukomera, bakiteza imbere
Minisitiri Dr. Jean Damascene Bizimana wa Ministeri y'Ubumwe n'uburere mboneragihugu n'abandi banyacyubahiro baje kwifatanya n'abaturage b'Akarere ka…
Abanyarwanda bakwiye gushima ko bari heza : Mayor Mutabazi
Ibikorwa by’iterambere Akarere ka Bugesera kamaze kugeraho bikomoka ku miyoborere myiza ariho Bwana Mutabazi ahera avuga ko Abanyarwanda bakwishimira…
Ni igihe cyo kureba amateka yacu
Kuwa 7 Mata 2023 abaturage bari ku rwibutso rwa Nyamata mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.…
Inkunga zivana abaturage mu bukene zizashingira ku mibereho y’umuryango
Imirenge yose igize Akarere ka Bugesera ifite amafaranga agurizwa abaturage batishooye kugirango bivane mu bukene. Aya mafaranga yishyurwa n’inyungu…
Uruhare rwa miliyoni 47 mu bikorwa byo gufasha abatishobye ni ubwitange bw’urubyiruko
Imiryango itishoboye yubatswe mu kwezi kw’ibikorwa by’urubyiruko rwa Bugesera byatangiye tariki 10 Gashyantare kugeza tariki 17 Werurwe 2023 byashoje…
Amarushanwa Umurenge Kagame Cup
Mu marushanwa Umurenge Kagame Cup ubutumwa bw'uyu munsi ni ku nsanganyamatsiko "Twimakaza imiyoborere twifuza duhaanira ko umuturage aza ku isonga".
…