Miliyari 18 niyo ngengo y’imari 2018-2019 y’Akarere ka Bugesera
Ingengo y’imari y’Akarere ka Bugesera 2018-2019 yatowe Kuwa 30 kamena 2018 n’abagize inama njyanama y’akarere. Inama yekwemeza iyo ngengo y’imari …
Komite Nyobozi y’Akarere ka Bugesera irasabwa ubushobozi burenze
Kuwa 29 nyakanga 2018, mu matora yo kuzuza inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Iburasirazuba Bwana Habimana…
Imfashanyigisho ku kiganiro hagati y’umubyeyi n’umwana
Kuwa 23 kamena 2018 mu karere ka Bugesera Umurenge wa Mayange hatangijwe igikorwa cyo gusakaza inyigisho izafasha ababyeyi kwigisha abana ibijyane…
Buri mwana ufite imyaka itatu ararebwa n’irerero
Muri gahunda mbonezamikurire, ku wa 15 kamena 2018, hakozwe ubukangurambaga kuri gahunda y’irerero.
Kugira uburenganzira bijyana no kugira inshingano
Kuwa 14 kamena 2018, abana bo mu kigo ngororamuco cya Gitagata basuwe na komisiyo y’uburenganzira bwa muntu. Bibukijwe ko umwana afite uburenganzira…
Kubaka uburyo abana bo mu muhanda baguma mu miryango ni ihurizo
Mu Karere ka Bugesera kuwa 7 kamena 2018, ikigo ngororamuco cya Gitagata cyahuje abana barangije kugororwa n’ababyeyi. Abana 63 nibo bahujwe…
Umuhanda Nzangwa_Nyiragiseke watashywe ku mugaragaro
Umuhanda Nzangwa_Nyiragiseke wo mu Karere ka Bugesera, Umuhanda wubatswe ku nkunga y’umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi watashywe ku mugaragaro kuri wa 30…
Ntabwo twakwihuta mu iterambere tugifite inzitizi mu miryango: Minisitiri Francis Kaboneka
Kuwa 28 gicurasi 2018; Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yaganiraga n’abaturage bo mu karere ka Bugesera bahagarariye abandi mu…
Hari abantu bo kwigiraho
Umurenge wa Shyara, watangirijwemo ukwezi kwahariwe umuryango kuwa 23 Gicurasi 2018, bafite umwihariko wo kugira Umudugudu wa Ruhanga utagiramo…
Gukora mu nzego z’ibanze ni ukugira ijisho rirenze iryo umuturage
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Bwana Nsanzumuhire Emmanuel ati: ‘’ Indangagaciro, zigendeye ku kazi, ziranga abakozi bakora mu nzego z’ibanze ni…