Abatangira urugerero ntabwo barusoza bose
Basoza itorero , bitegura gutangira urugerero intore zo mu murenge wa Nyamata, ziyemeje ko zigiye gufatanya n’abandi banyarwanda mu mirimo iteza…
Ishyo Arts Centre mu gikorwa cyo kwibuka hifashishijwe ibihangano
Urubyiruko rw’Akarere ka Bugesera rurakangurirwa gusigasira amateka ya jenocide yakorewe abatutsi hifashishijwe ibihangano. Ibyo Umuyobozi wa Ishyo…
Ikoranabuhanga mu gutanga amashyiga ya kijyambere
Nyuma yo gukoresha ikoranabuhanga mu kumenyekanisha ahagaragaye Ibiza bikorwa n’abashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu mirenge ; bamenyekanisha…
Abaturage bazimurwa mu birwa bya Mazane na sharita bamaze kumenyekana
Inteko y’abaturage batuye mu Tugari twa Mazane na Sharita; ubusanzwe twombi tuzengurutswe n’amazi, yatoranyije imiryango izimurwa ikajya gutura mu…
Bugesera ; Abaterankunga bitabiriye igikorwa cy’umuganda
Abaterankunga banyuranye bifatanyije n’abaturage bo mu kagari ka Murama Umurenge wa Nyamata mu gikorwa cyo kubaka inzu y’umukecuru itishoboye.…
Byinshi bizamenyekana mu cyumweru cyahariwe ibijyanye n’ubutaka
‘’Uko ibibazo byaba bikomeye kose, igihe bimaze icyo aricyo cyose ntibirusha imbaraga ubuyobozi’’ Ibyo ni ibyavuzwe na Bwana Ruzindaza umuyobozi…
Muri Bugesera; abazahugurwa mu nzego z’ibanze bangana 4214 bazatozwa mu kwezi 11/2016
Muri Bugesera; abatowe mu nzego z’ibanze bangana 4214 bazatozwa mu kwezi 11/2016
Kuwa gatandatu no ku cyumweru taliki 14 na 15/5/2016, abagize…
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rifite aho rihurira na virus itera Sida
Hashingiwe ku bwandu bushya bugenda bugaragara, hakomeje gukorwa ubukangurambaga kw’ihohoterwa rishingiye ku gitsina binyuze mu mugoroba w’ababyeyi…
Imbabazi zirahari ariko zigira igihe zirangirira
Icyumweru cy’ubufasha mu by’amategeko kizafasha kumva imanza zaciwe ariko zitarangiye. Guhera taliki ya 9 kugeza taliki 13 ukwezi kwa 5, kizasiga…
Amahirwe yo kuba muryango w’Afurika y’uburasirazuba
Abaturage b’Akarere ka Bugesera barasabwa kubyaza umusaruro amahirwe yo kuba u Rwanda rwaragiye mu muryango w’Afurika y’uburasirazuba.